Abantu benshi bagira inzozi zo kujya
kwiga cyangwa se gutura mu gihugu cy’igihangange ku Isi nk’Amerika, ariko
bakabura uburyo cyangwa se ubushobozi bwo kuba babigeraho, bitewe n’amikoro
make cyangwa se kubura impapuro z’inzira, ubumwe z’Amerika, ugaturayo , ukigayo ndetse …








