
Abantu benshi bagira inzozi zo kujya
kwiga cyangwa se gutura mu gihugu cy’igihangange ku Isi nk’Amerika, ariko
bakabura uburyo cyangwa se ubushobozi bwo kuba babigeraho, bitewe n’amikoro
make cyangwa se kubura impapuro z’inzira, ubumwe z’Amerika, ugaturayo , ukigayo ndetse ukaba wanakorerayo
wabishaka ukagaruka n’iwanyu.Kuri ubu byaroroshye
kuko hari abantu ibihumbi byinshi bamaze kubona ubwenegihugu bw’amerika
babikesha icyo bita “Green Card” iyo amahirwe agusekeye nawe uba umwenegihugu
muri leta zunze
Kwiyandikisha
byatangiye kuri uyu wa Gatatu taliki ya 4 Ukwakira 2018 bizarangira
taliki 6 /11/2018 abazatomborwa bazagenda muri 2020 [Duhamagare tugufashe kuzuza Tel ::
0788827277]Diversity
Visa Program abenshi bayizi nka (Green card lottery ) ni iki?Green
card Iyi ni gahunda yashyizweho na guverinoma ya leta zunze ubumwe
z’Amerika (USA) yemerera abanyamahanga baturuka mu bihugu bitandukanye , uburyo
bwo guhabwa Visa yo kujya gutura muri Amerika burundu.
Buri mwaka, iyi gahunda yitwa Diversity Visa(Green Cards) iha abantu
50.000 baturuka mu bihugu bifite umubare muto w’abimukira Visa yo gutura
burundu muri USA . Abujuje ibisabwa bahatanira kuba bamwe muri ibi bihumbi 50.Kwiyandikisha bikrwa rimwe mu mwaka mu kwezi kwa Cumi, uyu mwaka
byatangiye kuri uyu wa Gatatu taliki ya 3 Ukwakira 2018
bizarangira taliki 6 /11/2018Abatoranyijwe bitegura kujya muri ambasade y’Amerika mu gihugu
baherereyemo kugira ibyo babazwa(Interview) nyuma niho berekeza muri USA
guturayo no gukorayo maze nawe ukitwa umwene gihugu w’Amerika, igihugu abenshi
bifuza gukandagiramo mu nzozi zabo.PHONE
COMPUTER AND SERVICES CENTER turagufasha kugerageza amahirwe yawe.Tumaze kubonako hari umubare munini w’abantu baba bashaka kuzuza impapuro
zabugenewe, za Green Card lottery banyuze kuri internet, hari ababyuzuza
nabi maze bakabura amahirwe yo kuba nabo bajya kwibera muri Amerika.Hari abakoresha Link z’aba mamyi (abajura) baba kuri internet bigatuma
nabo babura amahirwe cyangwa se n’abagize amahirwe bakabyuzuza ugasanga
babyujuje nabi, ibi bibazo byose turagufasha kubikemura tukuzurize neza kuburyo
wizera amahirwe 90%, twe tumaze imyaka 5 tubikemuye kuko dufite ubuhamya
bw’abantu benshi twakoreye amahirwe akabasekera ubu bakaba batuye muri Amerika.Nawe aya mahirwe yagusekera ukajya kwiga cyangwa gutura muri Amerika,
bitagusabye inzira ndende, dufite ubuhamya bw’abantu benshi twagiye dufasha
maze inzozi zabo zikaba impamo, ubu baratuye ndetse bameze neza muri Amerika.Ngaho Nawe ngwino tugufashe gugirango utagira ikibazo uhura nacyo, mu
bijyanye no kuzuza impampuro zabugenewe, turagufotora amafoto meza cyane,
tugakoresha ingano yemewe ku ifoto yawe kuko amafoto yose siko bayemera ari
nacyo kintu gituma abantu benshi batsindwa.Kukuzuriza neza harimo n’amafoto tugufotora tukayakora neza wishyura 2,000frwUko
watubona Tukagufasha:Dukorera mu mujyi wa Kigali mu karere ka
Kicukiro,umurenge wa Nyarugunga, ku Mulindi wa Kanombe Ushobora
no kutubaza ikibazo cyose wifuza uciye hano kuri facebook yacu (kanda hano).Tugane
Tugufashe Wasanga aya mahirwe agusekeye.








good
ReplyDeleteGood
ReplyDelete